Wednesday, April 30, 2025
HomePROVISOIRETSINDIRA PROVISOIRE : EXERCISE NO 2.

TSINDIRA PROVISOIRE : EXERCISE NO 2.

 

Results

V

WELL DONE

#1. Ntawe ushobora gutwara ikinyabiziga kigendeshwa na moteri mu nzira nyabagendwa dafite kndi atitwaje uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga rwatanzwe na

#2. Iyo banyuze iruhande rw’inkomyi , abanyamaguru bagomb gukikira banyuze mu muhanda abayobozi bagomba gusiga umwanya ufite ubugari :

#3. Icyemezo cyo kwambura burundu uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kimenyeshwa

#4. Ijambo itara ndangacyerekezo cyangwa ikinyoteri bivuga itara ry’ikinyabiziga rigenewe kwerek abandi bagenzi ko umuyobozi ashaka kugana

#5. Ku bayobozi b’inyamaswa zikurura , zaba ziziritse cyangwa zitaziritse ku cyo zikurura no ku bayobozi b’inyamaswa zikoreye cyangwa zigenderwaho , imyaka fatizo ni












#6. Ibyo ari byo byose abakozi babifitiye ububasha bashobora gutegeka kugenda

#7. Uretse igihe byatangiwe uruhushya, nta muyobozi wemerewe kugenza cyangwa gukomeza kugenza ikinyabiziga gifite ubuhagarike burengeje

#8. Urwego C rureba imodoka zagenewe gutwara ibintu bifite uburemere ntarengwa bwemewe

#9. Ijambo inzira y’ibinyabiziga risobanuye

#10. Ijambo REMOROKI NTOYA bivuga remoroki iyo ari yo yose ifite uburemere












#11. Inyamaswa zigenda mu muhanda zigomba uko bishobotse kose gukomeza kugendera

#12. Iyo rwatakaye , rwibwe cyangw arwangiritse, uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rusimburwa by’agateganyo n’urupapuro rutangwa na

#13. Ikinyabiziga cyose cyangwa ibinyabiziga bikururana iyo bigenda bigomba kugira

#14. Imyaka y’ifatizo ku bayobozi b’amatungo ni

#15. Ijambo ibinyabiziga bigendeshwa na moteri bivuga ikinyabiziga cyose gifite moteri ikigendesha kandi kikagendeshwa :












#16. Urwego B rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwe mo uw’umuyobozi

#17. Ijambo REMOROKI NTOYA bivuga remoroki iyo ari yo yose ifite uburemere

#18. Imyaka fatizo ku bayobozi b’inyamaswa ziri mu nzego A na B ni

#19. Urwego D rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwe mo uw’umuyobozi

#20. Iyo kugenda ku mirongo ibangikanye byemewe kndi ibisate by’umuhnda bikaba bigragazwa n’imirongo irombereje cyangwa iciye mo uduce , abayobozi babujijwe :












Previous
Finish

RELATED ARTICLES

3 COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

Recent Comments

UZATSINDA AUGUSTIN on TSINDIR PROVISOIRE : EXERCISE NO 10
UZATSINDA AUGUSTIN on TSINDIR PROVISOIRE : EXERCISE NO 10